. Umuco wa Kinyarwanda (02/2003)
. Indangagaciro z’ ingenzi (08/2008)
. Imikino n’Intwaro gakondo (04/2018)
Ibindi Bikorwa
. Ibiganiro mbwirwaruhame kuri Radiyo na Televiziyo, mu binyamakuru, no mw’Itorero ry’Igihugu bijyanye n’uburere mboneragihugu.
. Kumenyekanisha ahantu ndangamateka na nyaburanga.
. Inteko Izirikana ikora ibitaramo bitandukanye k’Umuco n’Amateka.
Ni iki abanyarwanda bungukira mu gushyikirana? : Ikiganiro kuri RBA
Ubukwe bwa Kinyarwanda | Ni ibiki ngenderwaho mu gufata irembo, gusaba no gukwa? : Ikiganiro kuri RBA
Ijambo rya Min. Dr Bizimana | Isabukuru y’Imyaka 20 y’Inteko Izirikana
– Guharanira guteza imbere umuco nyarwanda kuko ariwo shingiro ry’ amajyambere ahamye
– Kuwubungabunga no kuwuteza imbere cyane cyane mu rubyiruko,ntibitubuze kuwufatanya n’undi mwiza uvuye ahandi
– Guharanira ko ikinyarwanda mbonera gihabwa agaciro kivugwa neza mu nzego zose. Twumve, tuvuge, dusome, twandike, duhange mu kinyarwanda.
– Guharanira ko amateka y’ u Rwanda amenyekana neza kandi atibagirana
Inteko Izirikana ikorera mu mujyi wa Kigali Akarere ka Gasabo,Umurenge wa Kacyiru mu nzu ya MINUBUMWE
Menya amakuru agezweho k’ Umurage Magazine