...
Search
Close this search box.

IBYAGEZWEHO

Inteko Izirikana yanditse
ibitabo bikurikira

. Umuco wa Kinyarwanda (02/2003)
. Indangagaciro z’ ingenzi (08/2008)
. Imikino n’Intwaro gakondo (04/2018)

Ibindi Bikorwa

. Ibiganiro mbwirwaruhame kuri Radiyo na Televiziyo, mu binyamakuru, no mw’Itorero ry’Igihugu bijyanye n’uburere mboneragihugu.
. Kumenyekanisha ahantu ndangamateka na nyaburanga.
. Inteko Izirikana ikora ibitaramo bitandukanye k’Umuco n’Amateka.

Reba amashusho y'ibiganiro

Ni iki abanyarwanda bungukira mu gushyikirana? : Ikiganiro kuri RBA

Ubukwe bwa Kinyarwanda | Ni ibiki ngenderwaho mu gufata irembo, gusaba no gukwa? : Ikiganiro kuri RBA

Ijambo rya Min. Dr Bizimana | Isabukuru y’Imyaka 20 y’Inteko Izirikana

Intego Zihariye

– Guharanira guteza imbere umuco nyarwanda kuko ariwo shingiro ry’ amajyambere ahamye

– Kuwubungabunga no kuwuteza imbere cyane cyane mu rubyiruko,ntibitubuze kuwufatanya n’undi mwiza uvuye ahandi

– Guharanira ko ikinyarwanda mbonera gihabwa agaciro kivugwa neza mu nzego zose. Twumve, tuvuge, dusome, twandike, duhange mu kinyarwanda.

– Guharanira ko amateka y’ u Rwanda amenyekana neza kandi atibagirana

Seraphinite AcceleratorOptimized by Seraphinite Accelerator
Turns on site high speed to be attractive for people and search engines.